Dufasha buri munyarwanda kuzagira amasaziro meza

EjoHeza, ni gahunda y’ubwizigame bw’igihe kirekire yatangijwe na Leta y’u Rwanda. Iyi gahunda igamije guha buri munyarwanda wese amahirwe angana yo kuzigama no guteganyiriza amasaziro meza.

illustration

Amateka yacu

2024

EjoHeza yashyizweho na Leta y'u Rwanda binyuze muri Minisiteri y'Imari n'Igenamigambi kuwa 29 Kamena 2017, itangira gushyirwa mu bikorwa muri 2019. EjoHeza ni ubwizigame bw'Igihe kirekire bukorwa ku bushake hafungurwa konti yo kuba umunyamuryango, waba umunyarwanda cyangwa umunyamahanga utuye mu Rwanda.Witeguye gutangira urugendo rugana ahazaza hatekanye? EjoHeza ni cyo kigega cyo kwizigamira igihe kirekire cyagufasha kugera kuri iyi ntego. Intego yacu ni ukugutera ingabo mu bitugu,ugafata ejo hawe mu biganza.

Abanyamuryango bacu bari ku migabane 7 y'isi 🚀

Koresha EjoHeza aho waba uri ku isi yose

GAZATZKEGB
BERWBIUGRU
CAUSCNFRJP
PLDEITAECD

Uko EjoHezayagutse

Kuva EjoHeza yatangira, yakomeje kwakira abanyamuryango benshi. Ibi byerekana ko EjoHeza atari ikigega cyo kwizigamira gusa, ko ahubwo ari imwe muri gahunda zikomeye z’iterambere mu bukungu n’imibereho myiza y’abanyarwand n’abarutuye.

0

miliyoni

Abanyamuryango ba EjoHeza

0

+

Ibigenerwa abanyamuryango

0B

RWF

Ubwizigame bw'abanyamuryango bacu

building icon

Dore abafatanyabikorwa bacu

Aba ni bamwe mu bafatanyabikorwa bacu, duhuje umugambi n’icyerekezo. Dufatanije, turi gutegura ahazaza h’abanyarwanda hatekanye. Urifuza kuba umufatanyabikorwa? Tuvugishe 



Access to Finance Rwanda
Airtel-Tigo
Bk
Republic of Rwanda
BNR
Mobicash
Mtn

Menya amategeko ya EjoHeza

Twiyemeje gukorera mu mucyo. Ibi bivuze ko utugana wese afite uburenganzira bwo kumenya no gusobanukirwa amategeko atugenga. Soma neza amategeko, umenye uko EjoHeza ikora.